Abakinnyi 84 bari mu makipe 17 azakina Tour du Rwanda bamaze gutangazwa mu gihe hasigaye iminsi 9 ngo Tour du Rwanda 2016 itangire
Mu isiganwa ryavaga i Rusizi ryerekeza i Huye, Areruya Joseph ukinira Les Amis Sportifs ni we uje ku mwanya wa mbere ku ntera ya 140.7Kms
Imyiteguro ya Tour du Rwanda igeze ku munsi wa kabiri, aho kuri iki cyumweru abakinnyi berekeza Huye bava Rusizi, bakaba bahagurutse ku isaha ya saa tatu z’iki gitondo.
Mu irushanwa ritegura Tour du Rwanda ryabaye kuri uyu wa Gatandatu, Nsengimana Jean Bosco ni we ubaye uwa mbere mu gace ka Karongi-Rusizi (Kivu Belt).
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo Tour du Rwanda itangire, amakipe azayitabira ubu akomeje imyiteguro, aho kuri uyu wa Gatandatu hakinwa isiganwa riva Karongi kugera Rusizi, ku Cyumweru hagakinwa iriva Rusizi kugera Huye
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ritangaza ko ibyasabwaga byose kugira ngo "Tour Du Rwanda 2016" ibe byamaze kuboneka.
Ferwacy na Team Rwanda bamaze gutangaza abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Shampiona y’isi na Grand Prix Chantal Biya izabera Cameroun
Umunyarwanda Gasore Hategeka yegukanye umwanya wa mbere mu isiganwa ry’amagare riri kubera muri Côte d’Ivoire akoresheje 4h16’51″
Hadi Janvier wari usanzwe akina umukino wo gusiganwa ku magare atangaza ko yasezeye kuri uwo mukino yabitekerejeho, adahubutse.
Gasore Hategeka aratangaza ko afite icyizere cyo kuzegukana irushanwa rya Tour du Rwanda 2016.
Amakipe azitabira Tour du Rwanda yamaze gutangazwa, aho ku makipe azahagararira u Rwanda hagaragaye mo amazina mashya muri Tour du Rwanda
Mu isiganwa ry’amagare rizenguruka umujyi wa Goma ryabaye kuri iki cyumweru, Hadi Janvier ni we wabaye uwa mbere, n’abandi banyarwanda bitwara neza
Mu isiganwa ry’amagare ryabaye kuri uyu wa Gatandatu riva Kigali rigasorezwa i Rwamagana, Gasore Hategeka wa Benediction Club ni we waryegukanye
Ikipe ya Benediction Club y’umukino w’amagare mu Karere ka Rubavu, yatumiwe mu isiganwa ry’umunsi umwe rizabera i Goma ku wa 21 Kanama 2016.
Ku munsi wa mbere w’imikino Olempike iri kubera muri Brazil, Abanyarwanda babiri bahatanye nta n’umwe wabashije kwitwara neza
Ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagare igiye guhatana na Chris Froome wegukanye Tour de France, mu isiganwa ribera mu Bwongereza kuri iki Cyumweru
Mu isiganwa ry’amagare ryitiriwe umuco “Race for culture” ryavuye Nyamagabe ryerekeza I Nyanza, Hadi Janvier wari waryegukanye umwaka ushize yongeye kuryegukana
Hadi Janvier usanzwe ukina mu ikipe yabigize umwuga yo mu Budage yitwa Bike Aid, ni we wegukanye igihembo cyaari cyatanzwe na Kigali Today.
Niyonshuti Adrien yiteguye kuzamura ibendera ry’u Rwanda mu mikino Olempike izabera i muri Brazil mu matariki ya 5-21 Kanama 2016
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera shampiyona y’igihugu mu mukino w’amagare yo ku misozi, ikazaba kuri iki cyumweru taliki ya 17 Nyakanga 2016
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryamaze kwemeza ko Adrien Niyonshuti ukina mu ikipe ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo ari we uzitabira imikino Olempike izabera muri Brazil muri Kanama 2016
Muri Shampiona y’igihugu y’amagare yakinwe kuri uyu wa Gatandatu, Adrien Niyonshuti na Girubuntu Jeanne d’Arc nibo basize mu gusiganwa umuntu ku giti cye harebwa igihe umuntu yakoresheje
Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakinwa harakinwa Shampiona y’igihugu mu mukino w’amagare, ikazanitabirwa n’Abanyarwanda bakina hanze
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hatangajwe inzira zizakoreshwa muri Tour du Rwanda 2016, aho ishyamba rya Nyungwe riri mu nzira zizifashishwa.
Mu isiganwa ry’amagare asanzwe ryabereye mu karere ka Gisagara na Huye kuri uyu wa Gatandatu,Ahorukomeye yaje kurirangiza ari we utanze abandi kugera mu karere ka Huye
Kuri uyu wa Gatandatu isiganwa ry’amagare rizwi nka "Tour de Gisagara" riraza kuba rikinwa ku nshuro yaryo ya kabiri, aho rizasorezwa mu karere ka Huye
Abagize ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare baritabira umunsi wahariwe abanyamaguru uzaba kuri iki cyumweru mu mujyi wa Kigali
Ku nshuro ya gatatu, Areruya Joseph yongeye kwegukana irushanwa rizwi nka Kivu Race, isiganwa ryatangiriye Ngororero rigasorezwa mu mujyi wa Rubavu
Ku myaka 14 y’amavuko Nirere Xaverine uvukana na Valens Ndayisenga yatangiye kwitabira amarushanwa mu mukino w’amagare ndetse anatangira yitwara neza
Mu isiganwa ry’amagare ryitiriwe Kwibuka,Byukusenge Patrick na Niyonsaba Clementine begukanye imyanya ya mbere kuva Bugesera kugera Kigali