Nyuma yo gutsindirwa n’Amavubi muri Ethiopia mu mukino ubanza, ikipe ya Ethiopia yasesekaye i Kigali ifite intego yo gutsinda Amavubi.
Umukino wa Triathlon mu Rwanda ugiye kurushaho kugira imbaraga kuko ugiye kugira abatoza babihuguriwe ku rwego mpuzamahanga.
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ritangaza ko imyiteguro ya Tour du Rwanda 2017 yarangiye kuburyo ngo biteze isiganwa ry’amagare ryiza.
Mu gihe kuri iki cyumweru hatangira Tour du Rwanda izaba ikinwa ku nshuro ya cyenda, hari imwe mu mibare y’ingenzi abantu bagakwaiye kumenya mbere y’uko itangira
Murenzi Abdallah wahoze ayobora ikipe ya Rayon Sports yagaruwe muri Komite ya Rayon Sports nk’umujyanama wa Perezida w’iyi kipe
I Musanze mu kigo cy’umukino w’amagare ari na cyo cya mbere muri Afurika, harabarizwa umukobwa watangiye umwuga wo gukanisha amagare akoreshwa mu marushanwa y’amagare.
Amakipe atatu azahagararira u Rwanda muri Tour du Rwanda ari hafi gusoza imyitozo i Musanze, aho bose bafite icyizere cyo kwegukana Tour du Rwanda 2017
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda bari bagiye muri Ethiopia ndetse bakanayitsindira iwayo bamaze kugera i Kigali aho bagiye gukomeza imyitozo
Ikipe y’u Rwanda ikoze akazi gakomeye aho itsinze Ethiopia ibitego 3-2 mu mukino ubanza wo gushaka itike ya CHAN izabera muri Maroc umwaka utaha
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda na Ethiopia kuri iki cyumweru baraza kuba bakina umukino ubanza wo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAn izabera muri Ethiopia muri Mutarama 2018
Abavandimwe babiri bakomoka muri Kenya Changawi Mzai na Chufaa Changawa nibo begukanye irushanwa rya Tennis Rwanda open circuit ryaberaga i Kigali.
Ikipe ya Kiyovu Sports itsinze Gicumbi, ihita ijya ku mwanya wa kabiri ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiona
Umutoza w’ikipe y’iguhugu Antoine Hey yaraye ahamagaye abakinnyi 18 bagomba kwerekeza muri Ethiopia kuri uyu wa Gatanu, gukina umukino wo gushaka itike ya CHAN.
Umutoza Antoine Hey arizeza ko Amavubi azasezerera Ethiopia n’ubwo atabonye umwanya wo gukina umukino wa gicuti wo kwitegura.
Johnattan McKinstry wahoze atoza Amavubi ari ku rutonde rw’abahatanira gusimbura Milutin Micho wasezeye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Uganda.
Tady Etekiama uzwi nka Daddy Birori wahoze akinira Amavubi, yatoranyijwe mu bakinnyi 30 bazavamo uwitwaye neza muri Afurika uyu mwaka
Mitsindo Yves w’imyaka 15 ukinira ikipe ya Sporting Charleroi, yamaze guhamagarwa n’umutoza w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi y’abatarengeje imyaka 15.
Ikipe yo muri Canada yitwa LowestRates.ca iri gukusanya inkunga zo gushyigikira umukino w’amagare mu Rwanda, by’umwihariko amakipe asanzwe adafite ubushobozi buhagije.
Imikino igera kuri itandatu ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yasubitswe kubera umukino w’Amavubi na Ethiopiya wamenyekanye bitunguranye.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu yatangiye imyitozo yo kwitegura imikino ibiri izabahuza na Ethiopia mu gushaka itike ya CHAN.
Abakinnyi ba Tennis bo mu Rwanda ndetse n’abaturutse hanze ya Africa bateraniye i Kigali aho bari guhatanira imidari muri irushanwa rya Rwanda Open.
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mpera z’iki cyumweru yari igeze ku munsi wa kane, aho isize police Fc yicaye ku mwanya wa mbere by’agateganyo.
Ikipe y’igihugu y’ u Rwanda y’abagore mu mukino w’intoki ukinirwa ku mucanga wa “Beach Volley”niyo yonyine izahagararira Afurika mu mikino y’isi ya “Commonwealth Games”.
Isiganwa ry’amamodoka "Memorial Gakwaya" ryari rimaze iminsi ibiri ribera mu Karere ka Huye na Gisagara ryasojwe Moussa wo muri Uganda ari we uryegukanye.
Umukino w’umunsi wa kane wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje AS Kigali na Gicumbi FC warangiye AS Kigali inyagiye Gicumbi FC ibitego 4-0.
Abanyarwanda ntibahiriwe n’umunsi wa mbere w’isiganwa ry’amamodoka Memorial Gakwaya ryabereye i Huye na Gisagara kuri uyu wa Gatandatu
Tom Gossland, umunya-Canada uba mu Rwanda yegukanye irushanwa rya Triathlon ryabereye mu mujyi wa Rubavu.
Kuri uyu wa 28 Ukwakira 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro Stade y’umukino wa Cricket, iri muri stade 10 z’uyu mukino zibarirwa ku isi.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda n’iya Ethiopia zizakina imikino ibiri mu kwezi gutaha yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya CHAN kizazera muri Maroc