Umukino wahuzaga Rayons Sport na APR FC, waberaga kuri Stade ya Rubavu, bahatanira igikombe gisumba ibindi kizwi nka Super Cup, urasubitswe kubera ibura ry’umuriro kuri iyi stade.
Byukusenge Patrick ukinira Benediction club niwe waryegukanye yanikiye abandi, muri iri siganwa ry’Amagare ku gace ka karindwi ka Rwanda cycling Cup kitwa Muhazi Challenge.
Hari ibintu biza mu buzima bikazira igihe kimwe bikaza bisa ku buryo bitera benshi kubyibazaho, twagukusaninyirije Bimwe mu bintu by’uruhurirane bitangaza benshi bimaze kubaho muri ruhago.
Guhera kuri uyu wa Gatandatu kugera ku Cyumweru u Rwanda rurakira irushanwa rya Taekwondo rizahuza abakinnyi 150 bazaturuka mu bihugu birindwi.
Nyuma yo gusabwa kwakira igikombe cya CECAFA cy’abagore, u Rwanda ntiruremeza ko ruzitabira iri rushanwa mu gihe habura amezi abiri gusa.
Ikipe izatsinda mu mukino w’igikombe kiruta ibindi Super Coupe hagati ya APR FC na Rayon Sport izahabwa Miliyoni 5Frw.
Abakobwa bo mu ntara y’i Burasirazuba baratangaza ko biteguye gutera ikirenge mu cya basaza babo bakomoka muri iyi ntara mu mupira w’amaguru
Ikipe y’Isonga yo mu Rwanda yatumiwe mu irushanwa ry’amashuri y’umupira rizabera muri Côte d’Ivoire mu Gushyingo 2017, aho izahurira n’amakipe akomeye i Burayi
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana na Sosiyete y’imikino y’amahirwe yitwa Feza Bet izayiha amafaranga asanga Miliyoni 305 Frws mu myaka ine iri imbere
Umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda uzahuza Rayon Sports na APR i Rubavu washyizwe ku giciro kidasanzwe mu Rwanda.
Kuri uyu wa Gatanu ishuri ryisumbuye rya Kigoma (Ecole Secondaire de Kigoma, ESEKI,) bishimiye ibikombe bamaze kwegukana haba mu Rwanda ndetse no mu mahanga.
IPRC y’Amajyepfo yafashe icyemezo cyo kuzakoresha abakinnyi bayo gusa mu irushanwa rya zone 5 rizabera muri Uganda bitandukanye n’ibikunze gukorwa mu mikino y’intoki
Kuri uyu wa 16 Nzeli 2017 ni bwo hashojwe irushanwa ry’ikigega Agaciro aho ikipe ya Rayon Sports yabashije kuryegukana ku nshuro yayo ya mbere itsindiye kuri tombola.
Ikipe y’igihugu ya Misiri y’abagabo niyo yegukanye igikombe cy’Afurika mu mukino w’intoki wa Volley ball y’abafite ubumuga mu gihe mu bagore igikombe cyegukanywe n’u Rwanda.
Mu mukino wasozaga imikino y’Agaciro Championship, rayon Sports yatsinze APR fc igitego 1-0, bituma Rayon Sports ihita yegukana igikombe
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Agaciro Championship, nyuma yo gutsinda APR fc igitego 1-0, maze hiyambazwa tombola Rayon Sports ihite yegukana igikombe
Ikipe z’u Rwanda (Abagabo n’abagore) z’abafite ubumuga zisoje imikino y’amatsinda zidatsinzwe mu gikombe cy’Afurika cya Sitting Volleyball
Abana b’abakobwa batarengeje imyaka 15 bo mu Karere ka Muhanga bafite intego zo bazaba abakinnyi b’ibihangange mu Rwanda no hanze.
Uwahoze ari umutoza wa Kiyovu Sports aratangaza ko nta gahunda afite yo kongera gutoza amakipe yo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri vuba.
Mutuyimana Evariste wari umunyezamu wa Rayon Sports witabye Imana ku wa 12 Nzeli 2017 umuhango wo kumuherekeza uzaba ku cyumweru tariki ya 17 Nzeli 2017.
Mu Karere ka Ruhango abana b’abakobwa barakangurirwa gukura bakunda umupira w’amaguru.
Ku munsi wa kabiri w’amarushanwa "Agaciro Football Championship" APR Fc yatsinze Police, As Kigali itsinda Rayon Sports mu minota ya nyuma.
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hatangiye imikino y’igikombe cy’Afurika muri Volleyball ikinwa n’abafite ubumuga (2017 ParaVolley Africa Sitting Volleyball Championships).
Umutoza wa Bugesera Ally Bizimungu aratangaza ko ikipe ye ihagaze neza ku buryo azubahiriza amasezerano yagiranye n’ubuyobozi bw’ikipe.
Ubwo hasozwaga irushanwa rihuza banki zo mu Rwanda “Interbank Sports Tournament 2017” ku nshuro yaryo ya mbere, ihuriro ry’Amabanki akorera mu Rwanda (RBA) ryateguye iri rushanwa ryatangaje ko rifite gahunda yo kurigira mpuzamahanga.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo hamenyekanye amakuru ko Mutuyimana Evariste wari umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yitabye Imana
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ni bwo rutahizamu ukomoka muri Mali Ismaila Diarra, yari ageze ku kibuga cy’indege i Kanombe aje gukinira Rayon Sports
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball ibuza amahirwe yo kwerekeza muri 1/4 cy’igikombe cy’Afurika kiri kubera muri Tunisia
Hategekimana Timamu niwe wanikiye abandi mu mukino wa Triathlon ukomatanya imikino itatu ariyo koga, kunyonga igare no kwiruka ku maguru.
Rayon Sports na APR zatangiye neza zitsinda imikino ibanza y’irushanwa ry’ Agaciro Championship.