Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31
Kigali: Urubyiruko 100 rwasobanuriwe ko ibikorwa by’ubutwari bidasaba ibya Mirenge
3/08/2025 - 21:30Iziheruka

U Rwanda rwashyikirije Afurika y’Epfo imodoka yahavuye mu buryo bw’ubujura
10/09/2021 - 13:54
Uwabeshyaga ko akoresha abantu 130 bose bivuriza kuri RAMA yatahuwe
10/09/2021 - 13:32
Akurikiranyweho gutanga icyangombwa gihimbano kigaragaza ko umuntu yakingiwe
6/09/2021 - 18:57
Jay Polly yasezeweho bwa nyuma mu marira menshi
6/09/2021 - 18:16
Umva ibyo abahanzi batangaje ku rupfu rwa Jay Polly
3/09/2021 - 14:42
U Rwanda rwakiriye izindi nkingo za COVID-19
3/09/2021 - 11:57
Sobanukirwa byinshi ku kubona amakuru n’ubumenyi bubitse mu ikoranabuhanga rya mudasobwa
2/09/2021 - 00:23
Papa adusigiye umurage wo kwicisha bugufi - Umuhungu wa Joe Habineza
1/09/2021 - 23:02
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo