Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dufite uburenganzira bwo kwirwanaho mu gihe ubushotoranyi bwakomeza - Minisitiri Biruta
1/06/2022 - 12:02
Ni ubwa kabiri afunzwe: Imibereho ya Hakuzimana Abdul Rashid muri Gereza
29/05/2022 - 14:50
Byari bishyushye muri Kigali ku mukino wa Liverpool na Real Madrid
29/05/2022 - 13:30
Menya uko Ndimbati abayeho muri Gereza ya Mageragere
29/05/2022 - 12:34
Dore uko Rusesabagina abayeho muri Gereza i Mageragere
27/05/2022 - 22:19
Nzandikira Perezida Kagame musaba imbabazi - Nsabimana Callixte
27/05/2022 - 21:08
President Kagame reveals five NBA favorite players
22/05/2022 - 09:24
Irebere impano ya Perezida Kagame mu mukino wa Basketball
22/05/2022 - 09:16
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo