Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

Ijambo rya Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rye
18/08/2017 - 19:39
Perezida Kagame yakiriye ku meza Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri
16/08/2017 - 09:11
VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege
15/08/2017 - 16:58
Ku nshuro ya kane umukino w’inyabutatu "Triathlon" wahuruje imbaga muri Rubavu
14/08/2017 - 10:30
No Comment!
14/08/2017 - 10:23
Shyorongi habereye impanuka idasanzwe imodoka irashya irakongoka
13/08/2017 - 14:35
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9/08/2017 - 19:48
Abanyamuryango ba FPR babyinnye intsinzi y’umukandida wabo Paul Kagame
6/08/2017 - 23:18
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo