Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Prof Shyaka : Kunywa inzoga no kuzicuruza ntibyahagaritswe, hahagaritswe utubari
25/03/2020 - 19:39
Reba Kigali nyuma yo gufunga kubera Coronavirus
25/03/2020 - 18:44
Isheja Sandrine: Babyeyi murinde abana kuva mu rugo muri iki gihe cya Covid-19
24/03/2020 - 21:08
Arthur Rutura : Amakuru yizewe kuri Covid-19 ni aya MINISANTE
24/03/2020 - 20:37
Abakozi b’Imana babeshwagaho n’amaturo akabo kashobotse - Pasiteri Murenzi Jolly
24/03/2020 - 19:50
#COVID19: Abanze gukurikiza amabwiriza ajyanye no gusenga ni inyeshyamba, bazahanwa nk’abanzi b’igihugu
24/03/2020 - 19:23
Abatuye "Bannyahe" batangiye kwimurwa. Barahabwa Rwf90,000!
22/03/2020 - 08:57
Baraye bahaha nyuma y’itangazo rifunga amasoko kubera COVID-19
22/03/2020 - 08:51
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.