Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Kigali: Imiryango isaga 1000 igiye kwimurwa nta ngurane
10/03/2020 - 05:23
Umunyamakuru Charles Kwizera yashyinguwe. Tuzahora tukwibuka!
8/03/2020 - 10:41
Ikirenga mu bahanzi Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa nk’uwateje imbere umuco nyarwanda
8/03/2020 - 10:32
Miss Naomie yahishuye uwo yahaga amahirwe (Twamusuye iwabo mu rugo)
1/03/2020 - 10:37
Ba Minisitiri bashya barahiye, Uw’uburezi aje guhindura iki?
1/03/2020 - 10:24
Irebere ubuhanga buhanitse bwa Niyo Bosco mu gucuranga Guitar
1/03/2020 - 10:13
Perezida Kagame yatashye One & Only Gorilla’s Nest iri mu Kinigi
28/02/2020 - 23:03
Umwe yarashwe arapfa, undi atabwa muri yombi
28/02/2020 - 19:34
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.