Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

#Kwibuka26: Mbega ubutumwa bwiza bw’icyizere bw’abana bato!!
29/04/2020 - 22:56
Jeannot Witakenge yashyinguwe uyu munsi. Ni iki Uwimana Abdul bakinanye azahora amwibukiraho?
27/04/2020 - 21:47
Mayaga-Kinazi: Ikibaya cya Nyamukumba cyabaye imperuka y’Abatutsi muri Jenoside
26/04/2020 - 16:52
Mu Kinyarwanda gitomoye, Ambasaderi wa Amerika yagarutse ku nkunga ya Miliyari 4
25/04/2020 - 17:51
Menya abamaze guhamagara kuri nimero 114 yagenewe amakuru kuri COVID-19
25/04/2020 - 17:33
Abahamagara 114 bikinira batawe muri yombi. Rugagi n’abandi bavuga ko bakiza COVID-19 bihanangirijwe
23/04/2020 - 23:49
Ishusho ya Biryogo - Nyamirambo mu gihe cya #GumaMuRugo
23/04/2020 - 11:31
#Kwibuka26: Disi Dieudonné mu nzira y’umusaraba yo kurokoka Jenoside, akajya kwifatanya n’Inkotanyi
22/04/2020 - 16:48
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.