Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Munyenyezi Beatrice akurikiranyweho ibyaha birindwi
17/04/2021 - 02:02
Dukomeze umurage w’Abanyepolitiki bishwe muri Jenoside barwanya ikibi - Perezida wa Sena
16/04/2021 - 20:56
Iyo haboneka benshi nka Capt. Mbaye Diagne, hari kurokoka benshi
16/04/2021 - 19:51
Menya impamvu Bonhomme yihebeye indirimbo zivuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
16/04/2021 - 17:00
Uko Munyanshoza Dieudonné (Mibirizi) yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi afite imyaka 12
16/04/2021 - 16:45
Dr Bizimana yagaragaje uburyo ingengabitekerezo yigishijwe kugeza igejeje u Rwanda kuri Jenoside
15/04/2021 - 20:00
President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57