Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu
17/07/2021 - 20:47
CP Kabera araburira abasaba impushya bashaka kurenga ku mabwiriza
17/07/2021 - 11:13
Kigali: Reba uko umunsi ubanziriza Guma mu Rugo wari umeze (Video)
17/07/2021 - 10:44
Gupima COVID-19 bigiye gukorerwa mu tugari
16/07/2021 - 16:28
Reba inyubako nshya ya Ambasade ya Qatar mu Rwanda (Video)
16/07/2021 - 16:05
Uko twahindura Uburezi umwuga ukunzwe kurushaho
14/07/2021 - 09:26
Bari mu maboko ya RIB bakekwaho kwiba ibikoresho biguze hafi Miliyoni 20 Frw
14/07/2021 - 08:10
Minisitiri Biruta na Rosemary Mbabazi baganirije Diaspora y’Urubyiruko Nyarwanda
14/07/2021 - 08:01