Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Perezida Kagame yasabye abayobozi kwiyoroshya kuko ari cyo kibagira abayobozi beza
17/10/2021 - 14:15
Ubunyarwanda bukwiye kuba inkingi yubakirwaho iterambere ry’Igihugu - Madamu Jeannette Kagame
17/10/2021 - 14:05
Kigali: Mu myaka 5 hazakorwa imihanda ya kilometero zisaga 200
17/10/2021 - 13:39
Mako Nikoshwa: Nararwaye numva ko ngomba gupfa, iby’umubano wanjye na Nina...
17/10/2021 - 13:31
Massamba yahishuye ibanga umubyeyi we Sentore yamubwiye bwa nyuma
10/10/2021 - 23:02
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu Rwanda
7/10/2021 - 22:18
RIB yerekanye ibyafashwe bitujuje ubuziranenge
6/10/2021 - 09:30
Ababyeyi ntibakwiye guhanika inkwano kuko ‘Umwana si igishoro’
5/10/2021 - 07:58