Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

RIB yerekanye ibyafashwe bitujuje ubuziranenge
6/10/2021 - 09:30
Ababyeyi ntibakwiye guhanika inkwano kuko ‘Umwana si igishoro’
5/10/2021 - 07:58
André Gromyko ageze kure akora feri izagabanya impanuka zo mu muhanda
3/10/2021 - 10:01
Kicukiro: Abakorerabushake bahaye inka uwaburiye umugabo ku rugamba rwo kubohora Igihugu
3/10/2021 - 09:55
Bafashwe bari mu mugambi wo gutera ibisasu muri Kigali
1/10/2021 - 20:44
Bafunzwe bazira kwiyitirira Polisi bagatanga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
26/09/2021 - 20:19
Umushoferi w’imbangukiragutabara akurikiranyweho kwiyitirira Polisi akambura abaturage
22/09/2021 - 18:54
Mu myanzuro y’urubanza rwa Rusesabagina: Dore ibyerekeye indishyi zizatangwa
21/09/2021 - 19:50