Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52Iziheruka

Kwibuka ni inshingano zidafite igihe ntarengwa – Jeannette Kagame ku isabukuru ya AERG na GAERG
7/11/2021 - 13:26
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bahawe inshingano nshya
7/11/2021 - 13:18
Sobanukirwa byinshi ku kongerera ubushobozi abarimu mu miyoborere no guhanga udushya
5/11/2021 - 11:02
Bakurikiranyweho icyaha cya ruswa mu gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga
4/11/2021 - 12:39
Bafatanywe ibiro 45 by’amahembe y’inzovu byinjiye mu buryo bwa magendu
29/10/2021 - 16:12
Muri 2024 u Rwanda ruzaba rukora inkingo za Covid-19 n’iza Malaria
27/10/2021 - 22:13
Uko Cedric Gisimba yahisemo ubuzima bw’ubugeni akabihuza no kubitoza abakiri bato
27/10/2021 - 22:06
Urunigi: Umuvugo wa Hon. Bamporiki ku isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri
19/10/2021 - 23:55