Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20
Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04Iziheruka

Perezida Kagame yasuye igice cyahariwe inganda, aganira n’abayobozi muri Gasabo
10/02/2017 - 12:50
CAR FREE DAY: Byinshi wamenya ku gikorwa kiba buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi
7/02/2017 - 09:25
Abakobwa 15 bagomba kuvamo Nyampinga w’u Rwanda 2017 bamenyekanye
5/02/2017 - 20:43
Itorero Urwiririza mu gitaramo cy’Inkera nyarwanda kuri KT Radio
4/02/2017 - 20:26
Ibihe by’ingenzi n’ibikorwa byaranze umunsi w’Intwari 2017
2/02/2017 - 00:57
Habiba wahabwaga amahirwe muri Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita
31/01/2017 - 15:22
Miss Rwanda 2017: abakobwa 26 bari guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda
31/01/2017 - 12:22
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo bazahagararira Umugi wa Kigali
30/01/2017 - 09:04