Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Yarokoye umwana w’amezi 3 muri jenoside, aramwonsa ubu ageze muri kaminuza
26/03/2017 - 15:44
Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rwa Perezida wa Banki y’isi mu Rwanda
24/03/2017 - 00:55
Abanyeshuri bakiga amasomo ya muzika bataramiye bakuru babo bahawe impamyabushobozi
23/03/2017 - 13:43
No Comment!
23/03/2017 - 13:33
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
AERG/GAERG yasubiye gusura abo yubakiye
22/03/2017 - 09:59
Nyundo: Umuziki unogeye amatwi mu birori byo gutanga impamyabushobozi
21/03/2017 - 20:51
Papa Francis yakiriye Perezida Kagame na Madame i Vatican
20/03/2017 - 17:40