Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46Iziheruka

Impinja zishwe zikubitwa ku nkuta
10/04/2017 - 18:11
Nyarubuye: Daniel yicaga Abatutsi akabakuramo imitima akayotsa, akayirya
10/04/2017 - 15:43
Abakunzi ba KT Radio bunamiye inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside
10/04/2017 - 09:09
Nyarubuye: ishusho ya Yezu yatemaguwe izira gusa n’Abatutsi
8/04/2017 - 19:54
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza #Kwibuka23
8/04/2017 - 15:58
Isozwa rya AERG/GAERG Week 2017 Inyagatare
6/04/2017 - 11:53
Cecile Kayirebwa yongeye kwerekana ubudahangarwa bwe muri Gakondo
3/04/2017 - 21:03
Umusirikare w’u Rwanda atakaje ubuzima arengera AERG/GAERG nta gihombo - Gen. Mubarakh
2/04/2017 - 09:29