Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye 2016 yatangajwe
16/02/2017 - 21:35
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Nyagatare
15/02/2017 - 17:26
Red Rocks Rwanda: ahantu nyaburanga hagaragaza ibyaranze u Rwanda rwo hambere
15/02/2017 - 17:25
Umuhanzi The Ben yakoreye igitaramo i Huye mbere y’uko asubira hanze
13/02/2017 - 15:37
15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda berekeje mu mwiherero
13/02/2017 - 09:08