Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Uruhare rw’abafana ba Rayon Sports mu kwiyubakira ikipe izahatana muri 2025-2026
20/07/2025 - 12:04
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53Iziheruka

Minisitiri Murekezi yafunguye kumugaragaro imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda
17/12/2016 - 10:23
Umushyikirano: Perezida Kagame aragaragaza uko Igihugu gihagaze
16/12/2016 - 16:36
U Rwanda rurasaba abana b’abakobwa kwitabira imyuga
16/12/2016 - 12:42
Jef Neve na Cecile Kayirebwa bahuje imbaraga bataramira abanyarwanda
12/12/2016 - 14:34
Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro inyubako za CHIC na Kigali Heights
9/12/2016 - 14:47
Perezida Kagame na Madamu we basangiye n’abana iminsi mikuru
5/12/2016 - 10:24
Indi ndege ya kabiri "AIRBUS" A330-300 yageze i Kigali
2/12/2016 - 09:56
Gahunda ya NEP ’Kora Wigire’ yashyize ku isoko ry’umurimo ba gafotozi 77
22/11/2016 - 15:55