Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Andi makuru utamenye ajyanye n’urugamba rwo kubohora u Rwanda
11/07/2017 - 16:00
Yerusalemu: Perezida Rivlin na Netanyahu bakiriye ndetse bagirana ibiganiro na Perezida Kagame
10/07/2017 - 16:01
Inkomoko y’izina "Afande PC" bitaga Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohora igihugu
9/07/2017 - 11:10
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya
7/07/2017 - 19:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Memorial Rutsindura 2017
6/07/2017 - 09:30
Memorial Rutsindura 2017: REG yegukanye igikombe itsinze APR
3/07/2017 - 21:39
Memorial Rutsindura 2017: RRA y’abakobwa yegukanye igikombe itsinze APR
3/07/2017 - 21:35
No Comment
30/06/2017 - 15:03