Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27Iziheruka

Inkomoko y’indirimbo "Nda Ndambara yandera ubwoba"
29/07/2017 - 09:07
Umukandida Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Rutsiro
28/07/2017 - 09:41
Rubavu: Kwiyamamaza kwa Paul Kagame kwakurikiranywe n’abagera ku 300,000!
27/07/2017 - 22:04
Musanze: Abasaga 200,000 ni bo bakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame
27/07/2017 - 09:48
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
27/07/2017 - 09:39
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiriwe neza n’abaturage ba Nyabihu
27/07/2017 - 09:33
Umukandida wa Green Party Frank Habineza yakiriwe n’abaturage ba Kayonza na Rwamagana
26/07/2017 - 09:23
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe yiyamamarije mu turere twa Ngororero na Muhanga
25/07/2017 - 20:43