Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umusaruro w’amakipe ya Police VC, ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wayo
21/07/2025 - 12:48
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33
Rwanda Hosts African Command and Staff Colleges Chief Instructors Workshop
21/07/2025 - 19:20Iziheruka

Impinja zishwe zikubitwa ku nkuta
10/04/2017 - 18:11
Nyarubuye: Daniel yicaga Abatutsi akabakuramo imitima akayotsa, akayirya
10/04/2017 - 15:43
Abakunzi ba KT Radio bunamiye inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside
10/04/2017 - 09:09
Nyarubuye: ishusho ya Yezu yatemaguwe izira gusa n’Abatutsi
8/04/2017 - 19:54
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza #Kwibuka23
8/04/2017 - 15:58
Isozwa rya AERG/GAERG Week 2017 Inyagatare
6/04/2017 - 11:53
Cecile Kayirebwa yongeye kwerekana ubudahangarwa bwe muri Gakondo
3/04/2017 - 21:03
Umusirikare w’u Rwanda atakaje ubuzima arengera AERG/GAERG nta gihombo - Gen. Mubarakh
2/04/2017 - 09:29