Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Rwanda Concludes 18th African Command and Staff Colleges Chief Instructors’ Workshop
25/07/2025 - 00:33Iziheruka

Perezida Kagame yasoje itorero ry’Indangamirwa icyiciro cya 10
14/07/2017 - 07:52
Tour de Gisagara 2017
12/07/2017 - 14:08
Andi makuru utamenye ajyanye n’urugamba rwo kubohora u Rwanda
11/07/2017 - 16:00
Yerusalemu: Perezida Rivlin na Netanyahu bakiriye ndetse bagirana ibiganiro na Perezida Kagame
10/07/2017 - 16:01
Inkomoko y’izina "Afande PC" bitaga Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohora igihugu
9/07/2017 - 11:10
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya
7/07/2017 - 19:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Memorial Rutsindura 2017
6/07/2017 - 09:30
Memorial Rutsindura 2017: REG yegukanye igikombe itsinze APR
3/07/2017 - 21:39