Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

The Press Conference on Kigali 2025 UCI Road World Championships
19/09/2025 - 17:14
Release of the Gross Domestic Product (GDP) figures for the 2nd Quarter of 2025 (April-June)
17/09/2025 - 21:57
BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17Iziheruka

Nta na rimwe ikibi kizatsinda icyiza: Umunyekongo wagarutse i Goma ku ivuko
5/02/2025 - 17:46
Dore imyitozo ihabwa abinjiye mu mutwe wihariye wa RDF🇷🇼 Special Operation Force
5/02/2025 - 11:48
Perezida Kagame na Madamu babimburiye abandi gushyira indabo ku Gicumbi cy’Intwari
1/02/2025 - 17:42
Irebere udushya twa RDF Band mu gitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda (Video)
1/02/2025 - 10:12
Dore uko Ruti Joel yashimishije abitabiriye igitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda
1/02/2025 - 09:14
Abacanshuro bafashaga FARDC kurwanya M23 bavuze ibyababayeho bageze mu Rwanda
30/01/2025 - 17:59
U Rwanda rwashyikirijwe ubuyobozi bwa EAPCCO bwari bufitwe n’u Burundi
30/01/2025 - 15:09
Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12