Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18
Iyo ibiryo byakunaniye ugerageza byose - Ndimbati
6/02/2019 - 10:24
Ibyishimo by’Ingabo z’u Rwanda basoza imikino y’igikombe cy’Intwari 2019
1/02/2019 - 15:10
Nibyo nagize umukunzi, ariko ubu ntawe ndi mu murimo w’Imana gusa: Israel Mbonyi
31/01/2019 - 12:21
Israel Mbonyi ari kurapa indirimbo ya AMAG The Black
31/01/2019 - 12:17
Abavuga ko narinzi ko ndibube Miss Rwanda barambeshyera: Miss Meghan
31/01/2019 - 12:13
Kamera zigera kuri 26 zose hejuru ya Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan
27/01/2019 - 19:56