Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore za ngabo za Red Tabara ziherutse gufatirwa mu Rwanda
5/10/2020 - 20:08
Batawe muri yombi bazira kugura ibyibano (Video)
5/10/2020 - 19:49
Ibisabwa amashuri yemerewe gufungura mu rwego rwo kwirinda COVID-19
3/10/2020 - 10:24
Polisi iraburira abantu basigaye batanga inzoga muri za teremusi
3/10/2020 - 09:18
Leta nitemerera urubyiruko kuboneza urubyaro yitegure kurera abana ruzabyara- Abasesenguzi
30/09/2020 - 13:57
U Rwanda rwanze kuba cya kirahure cyuzura amazi akameneka, ubu twese tugikwirwamo - Perezida Kagame
30/09/2020 - 13:30
Ganira na Producer Element w’imyaka 20 wazanye impinduka muri muzika nyarwanda
27/09/2020 - 22:56
Benshi biruhukije ubwo ingendo rusange mu gihugu hose zafungurwaga
27/09/2020 - 22:07