Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
Umuyobozi wa RIB yavuze ku bantu baburirwa irengero mu Rwanda
24/11/2020 - 15:14
Dore Umukobwa mwiza, ugororotse by’agatangaza
20/11/2020 - 11:38
Urusobe rw’ibibazo by’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda rwahawe umurongo w’ibisubizo birambye
17/11/2020 - 10:57
Uwacuruzaga magendu n’abari barajujubije abaturage bafashwe
17/11/2020 - 10:53
Akazi k’ubudepite no gukora umuziki: Ikiganiro na Hon. Uwumukiza
15/11/2020 - 11:24
Biratangaje: Yiyigishije gukina ’Skating’, abitoza umugore n’abana
12/11/2020 - 10:23
Bimaze iki gucisha Shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo y’Igihugu ?
6/11/2020 - 15:34