Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Kigali: Abajura ba televiziyo za Flat Screen beretswe itangazamakuru
18/02/2021 - 23:19
Video: Miss Meghan yahishuye umwihariko wa Miss Rwanda 2021
18/02/2021 - 19:03
Sankara: Biteye isoni kubona Rusesabagina yihakana ko ari Umunyarwanda
18/02/2021 - 18:37
Kigali: Abantu 129 bafatiwe mu tubari na Sauna barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 23:46
Miss Viviane wakize Covid-19 yafashwe ava mu rugo rwahinduwe akabari
14/02/2021 - 23:34
Bibishaga uburiganya n’impapuro mpimbano: Iyumvire uko babikoraga
14/02/2021 - 23:22
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.