Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Zaria Court Opens: President Kagame Urges Africa to Invest in Sports
29/07/2025 - 09:33
Inside Rwanda’s Fencing Game: Coach Mr Class
28/07/2025 - 23:21
Rwanda and Tanzania Sign Key Cooperation Agreements in Agriculture and Port Services
28/07/2025 - 13:30Iziheruka

Abajya mu minsi mikuru mu Ntara bateje umubyigano muri Gare ya Nyabugogo
31/12/2020 - 07:06
Abakobwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bagakora ibirori bafashwe berekwa itangazamakuru
23/12/2020 - 21:23
Kigali mu mitako iteye amabengeza yo kwizihiza Noheli n’Ubunani
20/12/2020 - 15:50
Yabyaye impanga umwe avukana imyenge mu mutima umugabo abata mu nzu
12/12/2020 - 12:42
Yaretse inzoga afite imyaka 20 none ku myaka 72 ijwi rye riracyahogoza benshi
10/12/2020 - 16:55
Twasuye abaturage bimukiye mu Busanza bavuye muri Kangondo
10/12/2020 - 14:28
Iyo Umunyarwanda azamuwe mu ntera kubera ubuhanga n’ubushobozi turishima- Perezida Kagame
7/12/2020 - 18:26
Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage
5/12/2020 - 23:44
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.