Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Twasuye ibitaro by’imbwa n’irimbi ryazo
28/08/2022 - 08:35
Ababyeyi ba Nyamasheke bajishiye igisabo Perezida Kagame
27/08/2022 - 22:25
Ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’umukecuru Nyiramandwa iwe mu rugo
26/08/2022 - 23:20
Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Yvan Buravan
25/08/2022 - 02:33
RDB yatashye agakiriro ka Cyarubare kubatswe mu mafaranga yinjijwe n’ubukerarugendo
25/08/2022 - 02:26
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06