Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere uko MC Tino na Babo babyinnye muri Studio
1/08/2022 - 16:44
Twaganiriye na Valentine wamamaye mu ndirimbo ‘Dore Imbogo’
1/08/2022 - 16:02
Maj Gen Bayingana: Batubwiye ko nta na santimetero twabona mu Rwanda ariko ubu Igihugu tukirimo
17/07/2022 - 20:39
Amahirwe u Rwanda rukura mu muryango Francophonie mu rwego rw’ubucuruzi
17/07/2022 - 19:54
Reba uko byari byifashe mu irushanwa rya Taekwondo ryabereye mu Rwanda
17/07/2022 - 19:44
Reba ubwiza bwa Pariki ya Nyandungu yafunguriwe abashaka kuhatembera
8/07/2022 - 20:59
Abaturage bari baturiye ruhurura ya Mpazi bimuriwe mu magorofa
8/07/2022 - 19:54
Yatsindiye Frw500,000 muri Jackpot ya Inzozi Lotto ivuguruye
7/07/2022 - 20:17