Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Perezida Kagame abwira abayobozi
23/10/2022 - 17:34
Perezida Kagame yongeye gukebura abayobozi
22/10/2022 - 15:07
Umwitozo wo guhangana na Ebola mu gihe yaba igeze mu Rwanda
20/10/2022 - 13:02
Ab’i Kigali bishimiye gukorana siporo na Perezida Kagame
16/10/2022 - 19:36
Indirimbo ‘Inana’ ya Chriss Eazy yarishimiwe cyane muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:51
Reba ibyo umuhanzi Jay Prayzah n’ababyinnyi be bakoreye i Kigali
16/10/2022 - 18:39
Bruce Melody na Ariel Wayz bongeye kwigaragaza muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:30
Iyi nyamaswa yatangaje abitabiriye Youth Connekt Africa
16/10/2022 - 18:16