Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Bibutse ababo bishwe mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
19/12/2022 - 12:13
UK envoy to Rwanda speaks out on ethnic killings in DRC
14/12/2022 - 18:18
Abakoresha mudasobwa batabona babigenza bate?
11/12/2022 - 20:38
Dutemberane muri GS Kagugu, kimwe mu bigo byigamo abanyeshuri benshi
11/12/2022 - 20:26
Ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera mu guteza imbere uburezi mu ikoranabuhanga
6/12/2022 - 03:21
We are not thieves - Kagame on accusations that Rwanda steals DRC’s wealth
6/12/2022 - 03:07