Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi Bwiza yatuye indirimbo umukunzi we
16/02/2023 - 18:32
Byinshi ku rugendo rwa Radiyo, igitangazamakuru gikurikirwa na benshi (video)
14/02/2023 - 12:04
President Kagame speaks out on DR Congo’s violation of Bujumbura agreement signed recently
9/02/2023 - 12:27
President Kagame receives new envoys from 14 countries
9/02/2023 - 10:31
Uwicaga abantu abaciye imitwe yasobanuye icyabimuteye
6/02/2023 - 21:41
Bakoze siporo rusange bazirikana kurwanya Kanseri
6/02/2023 - 21:32
Inside Rwanda’s journey to end cervical cancer by 2030
4/02/2023 - 21:55
Gen. Kabarebe yifashishije imibare mu gusobanura amateka y’urugamba: Uko barwanye n’Intare
4/02/2023 - 18:51