Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Inaugural UK-Rwanda Business Forum opens in Kigali
1/02/2024 - 13:40
Amasomo atatu y’ubuzima dukwiye kwigira kuri Perezida Kagame
1/02/2024 - 13:11
Le Président Guinéen Lt Gen Doumbouya rend hommage aux victimes du Génocide à Kigali
29/01/2024 - 07:46
Why President Doumbouya of Guinea visited Rwanda
29/01/2024 - 07:41
Ibibazo abaturage babajije Perezida Kagame mu Mushyikirano n’uburyo yabisubije
28/01/2024 - 16:35
Perezida Kagame yageneye ubutumwa abafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
28/01/2024 - 13:14
Abanyarwanda babanye bate nyuma y’imyaka 30 u Rwanda rubayemo Jenoside?
28/01/2024 - 13:00
Umubyibuho usigaye ari ikimenyetso cy’indwara zitandura
28/01/2024 - 12:49