Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
President Kagame: We have much to offer each other
8/02/2024 - 22:17
We are ready when you are, TheCityUK’s invitation to Rwanda Finance Institutions
8/02/2024 - 22:09
President Kagame Welcomes Polish President at Village Urugwiro
7/02/2024 - 22:46
Reba uko umuhango wo gushyingura Pastor Ezra Mpyisi wagenze
6/02/2024 - 11:04
Umwana wa Pastor Mpyisi yagarutse ku minsi ya se ya nyuma
5/02/2024 - 11:04
Dutemberane Washington DC yakiriye Rwanda Day 2024
3/02/2024 - 11:23
Rubyiruko mugire ubutwari bwo gukomeza kubaka u Rwanda – Minisitiri Dr Bizimana
2/02/2024 - 07:16
Minisitiri w’Intebe yayoboye umuhango wo kunamira Intwari z’Igihugu
2/02/2024 - 07:10