Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubutumwa Dr. Zainab yahawe akiri muto na First Lady bukamuhindurira ubuzima
23/03/2024 - 08:24
Madamu Jeannette Kagame yahembye Inkubito z’Icyeza
23/03/2024 - 08:19
FULL MATCH: APR BBC VS PATRIOTS BBC muri Shampiyona ya Basketball
23/03/2024 - 00:06
Kagame urges cabinet members: Prioritize citizens with inner fire
22/03/2024 - 23:52
Gakondo Body Workout: Umuvuno mushya mu kumenyekanisha imbyino Nyarwanda
22/03/2024 - 23:43
Bakoze imishinga irenga 100 mu bijyanye na AI ndetse na Robotics: Ni ibihe bibazo ije gukemura?
22/03/2024 - 23:33
Umusizi Rumaga : Umugore si umuntu
22/03/2024 - 23:18
Tujyane mu Busanza aho Permis igiye kujya ikorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga
14/03/2024 - 15:15