Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
First Lady attends Green Hills Academy Class of 2024 Graduation Ceremony
8/06/2024 - 22:06
12th Intake of Senior Officers from RDF, National Police & Allied Armed Forces Graduate
8/06/2024 - 21:59
President Kagame officiates the Graduation Ceremony of Africa Leadership University
8/06/2024 - 04:43
Batanu bakurikiranyweho kwiba telefone no gufata ku ngufu
7/06/2024 - 10:21
Harimo icyumba cya VAR : Stade Amahoro hasigaye kuyitaha
7/06/2024 - 09:58
Minisitiri Bizimana: Uko irondabwoko rya Leta ryimitswe n’Abakoloni na PARMEHUTU
7/06/2024 - 09:48
Babyeyi b’Intwaza, muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka
7/06/2024 - 09:26
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Paul Kagame yatangaga kandidature
17/05/2024 - 15:36