Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bazaza ku neza tubakire - Kagame abwira Abanyarwanda bakiri muri RDC
1/07/2024 - 07:23
Ntabwo tuzategereza udutera ko adusanga hano - Kagame i Nyamasheke
30/06/2024 - 10:24
Itorero ABASAAMYI ba Nkombo ryakiriye Kagame i Nyamasheke mu mbyino yihariye
30/06/2024 - 09:48
Ni ku gipfunsi nta handi: Abanya-Gicumbi barahiriye kuzatora FPR 100%
30/06/2024 - 07:28
Abifuza guhungabanya u Rwanda ntaho bamenera - Kagame i Rusizi
28/06/2024 - 23:11
Akazi kanjye karoroshye, ni ukubajya imbere tugafatanya urugendo - Kagame i Nyamagabe
28/06/2024 - 20:37
Indirimbo ‘Mukota’ Ruti Joel yakoreye Kagame yasusurukije imbaga
28/06/2024 - 10:07
Mu bacika intege ntabwo ndimo - Kagame ubwo yiyamamarizaga i Huye
28/06/2024 - 07:21