Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
EXPO 2019: Kiwnjira bisaba Mobile Money - Reba uko bikorwa
24/07/2019 - 16:12
Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
21/07/2019 - 14:10
Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
21/07/2019 - 14:04
Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda, Ahembwa Rwf30,000!
20/07/2019 - 12:31
Mico the Best yihakanye umuzungukazi bamaze iminsi bavuga ko bakundana
20/07/2019 - 12:24
Social Mula: Nta kibazo nagiranye na Theo kandi siniteguye gukorana na Muyoboke
20/07/2019 - 11:57
Reba uwahimbye "Maji Maji" Indirimbo yahaye morale cyane Inkotanyi
14/07/2019 - 10:58
Icyivugo cya Sg Maj Robert kiratangaje
14/07/2019 - 10:34