Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RUSIRARE amaze imyaka 30 arimbisha Kigali (Video)
5/04/2019 - 10:34
Ibyiza byaranze urugendo mu ndege muri Parike ya Nyungwe (Video)
24/03/2019 - 11:20
Abarangije muri INES-Ruhengeri biyemeje kwihangira imirimo aho kuyisaba(Video)
16/03/2019 - 18:34
Comedy yanyubakiye izina, impesha akazi, ubu noneho nanjye ntanga akazi - NKUSI Arthur (RUTURA)
13/03/2019 - 13:38
Uko Perezida Kenyatta yakiriwe ku kibuga cy’indege cya Kigali (Video)
11/03/2019 - 11:18
Yifashishije ibimenyetso n’imibare, Perezida Kagame yavuze ku bibazo by’u Rwanda na Uganda
10/03/2019 - 09:39
Jye sindi indaya, nkora Business nziza kandi inyungukira - Shaddy Boo
8/03/2019 - 08:58
Ubundi umunyeshuri utatsinze yimuka ate? - Perezida Kagame
27/02/2019 - 11:15