Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abaholandi n’Abayapani begukanye Rubavu Beach Volleyball
30/08/2019 - 09:17
Kaminuza y’Abadiventiste (AUCA) yujuje Ishuri ry’ubuvuzi // Itorero rigiye kwizihiza imyaka 100
24/08/2019 - 19:29
Abahanzi Ne-Yo na Meddy batumiwe mu birori byo #KwitaIzina19
20/08/2019 - 23:06
Diamond yarijije abakobwa b’i Kigali na bo bamukaragira umubyimba (Video)
18/08/2019 - 19:34
Moto zisanzwe zigiye kuvaho haze izikoresha amashanyarazi
14/08/2019 - 22:06
Aba basore berekanye udukoryo mu muhango wo gutaha Kigali Arena
14/08/2019 - 21:55
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Arena
12/08/2019 - 21:08
#Umuganura2019: Niba utarabonye utu dukoryo, wagize igihombo gikomeye
3/08/2019 - 15:56