Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57Iziheruka
Abakozi 66 bo mu nkiko bahaniwe ruswa kuva 2005-2023
8/02/2024 - 22:53
President Kagame: We have much to offer each other
8/02/2024 - 22:17
We are ready when you are, TheCityUK’s invitation to Rwanda Finance Institutions
8/02/2024 - 22:09
President Kagame Welcomes Polish President at Village Urugwiro
7/02/2024 - 22:46
Reba uko umuhango wo gushyingura Pastor Ezra Mpyisi wagenze
6/02/2024 - 11:04
Umwana wa Pastor Mpyisi yagarutse ku minsi ya se ya nyuma
5/02/2024 - 11:04
Dutemberane Washington DC yakiriye Rwanda Day 2024
3/02/2024 - 11:23
Rubyiruko mugire ubutwari bwo gukomeza kubaka u Rwanda – Minisitiri Dr Bizimana
2/02/2024 - 07:16
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.