Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Twaganiriye n’abana babaye aba mbere mu bizamini bya Leta
13/09/2023 - 18:57
Ntuzemerere abantu bakurangaza - Perezida Kagame abwira Minisitiri mushya wa MININFRA
13/09/2023 - 18:33
Menya abahanzi bazataramira abakunzi ba Iwacu Muzika Festival (Video)
8/09/2023 - 12:40
Igisirikare ukivamo ariko cyo ntikikuvamo - Gen (Rtd) James Kabarebe
7/09/2023 - 22:45
Reba udushya twaranze ubukwe bwa Prince Kid na Miss Elsa
7/09/2023 - 20:51
Icyamamare Christophe Pinna yishimiye gutoza abakinnyi ba Karate b’u Rwanda
6/09/2023 - 21:31
Kwita Izina: Irebere uko Umuco Nyarwanda wanyuze abanyamahanga
6/09/2023 - 20:59
Ihere ijisho akarasisi n’ubundi buhanga bigiye mu Itorero Indangamirwa
26/08/2023 - 17:03
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.