Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

BADEA yasinyanye n’u Rwanda amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni 45 z’Amadolari
8/10/2025 - 22:42
Explore Tuganire AI & Mbaza AI: Offline Messaging and Multilingual Learning
9/10/2025 - 21:01
Rwanda Welcomes Diaspora Youth from South Africa to Discover Their Roots
5/10/2025 - 11:17Iziheruka

Alain Mukuralinda yavuze kuri gahunda yo kwakira Abimukira mu Rwanda
22/12/2023 - 13:26
Icyo u Rwanda ruvuga ku magambo ya Perezida Tshisekedi
22/12/2023 - 13:18
Having BioNtech in Rwanda is a Huge Milestone for Africa - President Kagame
22/12/2023 - 13:12
Madamu Jeannette Kagame yasangiye Noheli n’Ubunani n’abana bato
17/12/2023 - 14:31
Diogène ‘Atome’ yongeye gusetsa abantu, agaruka kuri #Tunyweless
17/12/2023 - 14:22
Ijambo rya Madamu Jeannette Kagame agaragaza ububi bw’inzoga #Tunyweless
17/12/2023 - 13:55
Remarks by Tom Mollenkopf on closing IWA Water and Development Congress & Exhibition 2023
17/12/2023 - 13:49
The role of the Central Bank in Rwanda’s Economic Recovery
17/12/2023 - 13:42
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.