Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Mountain Gorilla Rally: Umunyakenya Karan Patel ntiyahiriwe n’umunsi wa kabiri
6/07/2025 - 00:01
Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36Iziheruka

GATSATA: Bazimurwa nta ngurane y’imitungo yabo bahawe!
20/09/2013 - 09:18
KIGALI TODAY mu guhugura abikorera ku bijyanye n’itangazamakuru
9/09/2013 - 11:32
Uburyo gukunda umurimo no kwihangana byahinduye ubuzima bwe!
3/09/2013 - 10:13
Icyo Abanyarwanda bavuga kuri Customer Care mu Rwanda
30/08/2013 - 09:46
Umukobwa watinyutse umwuga wo guhamagara abagenzi muri Taxi (Convoyeur)!
20/08/2013 - 12:40
Sick City Entertainment bongeye kwerekana ubuhanga mu mbyino zigezweho!
19/08/2013 - 11:22
Riderman wegukanye irushanwa rya Guma Guma III, ni muntu ki?
12/08/2013 - 10:37
Amagambo akarishye kuri bamwe mu bahanzi basezerewe muri Guma Guma!
30/07/2013 - 10:23
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.