Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12
HOTPOINT Rwanda unveils New and Bigger Retail Showroom In Kigali - Kicukiro
9/07/2025 - 17:24Iziheruka

Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel
4/06/2014 - 13:19
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
Udushya twaranze igitaramo cya Guma Guma i Kabarondo!
22/05/2014 - 11:03
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Uburyo abahanzi bari muri Guma Guma bitwaye mu gitaramo bakoreye i Huye
6/05/2014 - 14:08
Abahanzi bari muri Guma Guma bitabiriye umuganda batanga n’amashanyarazi
2/05/2014 - 17:45
Amasomo y’imyuga mu gufasha abarokotse Jenoside kongera kwiyubaka
23/04/2014 - 10:14
Umukozi wo mu rugo ushinjwa kwica umwana amukase ijosi, yasabiwe gufungwa burundu
18/04/2014 - 13:16
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.