Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu
17/07/2021 - 20:47
CP Kabera araburira abasaba impushya bashaka kurenga ku mabwiriza
17/07/2021 - 11:13
Kigali: Reba uko umunsi ubanziriza Guma mu Rugo wari umeze (Video)
17/07/2021 - 10:44
Gupima COVID-19 bigiye gukorerwa mu tugari
16/07/2021 - 16:28
Reba inyubako nshya ya Ambasade ya Qatar mu Rwanda (Video)
16/07/2021 - 16:05
Uko twahindura Uburezi umwuga ukunzwe kurushaho
14/07/2021 - 09:26
Bari mu maboko ya RIB bakekwaho kwiba ibikoresho biguze hafi Miliyoni 20 Frw
14/07/2021 - 08:10
Minisitiri Biruta na Rosemary Mbabazi baganirije Diaspora y’Urubyiruko Nyarwanda
14/07/2021 - 08:01
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.