Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Gera mu Rugo 18h00: Uko byari byifashe mu Mujyi wa Kigali
2/07/2021 - 13:11
Goma/Rubavu: Irebere uko umutekano wari wakajijwe ku butaka no mu mazi
30/06/2021 - 21:19
Guma mu Rugo yashobokaga ariko dushyira ku munzani - Minisitiri w’Intebe
30/06/2021 - 09:40
RIB yagaruje amafaranga asaga Miliyoni 771 yari yibwe umushoramari
29/06/2021 - 21:43
Abantu 14 barimo uwanduye Covid-19 bafatiwe muri Sauna
28/06/2021 - 14:36
Reba ikiganiro Perezida Kagame na Tshisekedi bagiranye n’abanyamakuru
28/06/2021 - 14:12
Perezida Kagame i Goma yasuye ahangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo
28/06/2021 - 13:57
Dr. Sabin NSANZIMANA: Ikiguzi cyo kwipimisha Covid-19 kigiye kugabanuka
28/06/2021 - 13:41
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.