Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje RDF na UPDF
16/08/2025 - 17:33
Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47Iziheruka

President Kagame: If deniers have no shame, why should I have fear?
8/04/2021 - 18:11
Nta kindi gihe u Rwanda rwaranzwe n’ubumwe nk’ubu - Perezida Kagame
8/04/2021 - 17:57
Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw’icyizere rutangiza #Kwibuka27
8/04/2021 - 17:52
NURC: Mu #Kwibuka27 Dushyire imbere Ubunyarwanda n’Inyungu z’Abanyarwanda bose nta vangura
6/04/2021 - 13:33
Bafashwe bikingiranye mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
6/04/2021 - 12:40
‘Doze’ ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19 yatangiye gutangwa, izindi nkingo zirenga 500,000 zaratumijwe
5/04/2021 - 20:56
Abanyeshuri baje mu biruhuko ntabwo baje mu birori - Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya
5/04/2021 - 20:02
Bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
5/04/2021 - 19:53
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.