Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IBUKA: Nubwo bigoye muri iki gihe, Kwibuka tuzabikora kandi twirinda
7/04/2020 - 15:33
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
Dutemberane Ingoro y’amateka ya Huye.....Amafunguro ya Kinyarwanda ateye amatsiko
3/04/2020 - 23:21
Bugesera: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kizarangira ryari? Meya yatanze igisubizo
3/04/2020 - 21:54
Bugesera: Abaturiye Hoteli yagenewe abakekwaho Coronavirus bahumurijwe
2/04/2020 - 23:00
Ruhango: Gahunda yo kuguma mu rugo yagabanyije urugomo ku rwego rushimishije
1/04/2020 - 22:00
Yitwaje ibihe bya Coronavirus ashaka kuriganya abantu amafaranga
1/04/2020 - 21:38
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.