Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Polisi yafatiye mu cyuho 25 bashakaga kwambukiranya intara kandi bibujijwe
11/05/2020 - 10:55
Ibyo utabonye ubwo abacuruzi bongeraga gufungura amaduka yabo
7/05/2020 - 00:47
Umunsi wa mbere muri Bus zitwara abagenzi nyuma ya #GumaMuRugo
4/05/2020 - 19:29
Icyegeranyo ku ruhare rwa Marcel Sebatware mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi i Cyangugu
2/05/2020 - 21:16
Ntidushaka ko icyari ubukwe gihinduka ikiriyo, ubukwe ntiburi mu byemewe - Prof Shyaka
2/05/2020 - 10:53
#Covid19: Indi mirimo yemerewe gukomeza gukora. Menya impamvu zashingiweho bayemerera
1/05/2020 - 22:56
Rusumo: Umushoferi uvanye ikamyo muri Tanzania si we uyigeza i Kigali
1/05/2020 - 22:29
Utubari turakomeza gufunga! Reba uko kuva Bahamas ukagera kwa Jules hameze (Video)
1/05/2020 - 18:36
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.