Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#COVID19: Abanze gukurikiza amabwiriza ajyanye no gusenga ni inyeshyamba, bazahanwa nk’abanzi b’igihugu
24/03/2020 - 19:23
Abatuye "Bannyahe" batangiye kwimurwa. Barahabwa Rwf90,000!
22/03/2020 - 08:57
Baraye bahaha nyuma y’itangazo rifunga amasoko kubera COVID-19
22/03/2020 - 08:51
Itondere agapfukamunwa katagusigira izindi ndwara wibwira ko kari kukurinda Coronavirus
18/03/2020 - 18:41
Casques z’abagenzi kuri moto zakuweho ibirahure: Abamotari bahagurukiye Coronavirus
18/03/2020 - 00:52
Coronavirus: Amashuri mu Rwanda yafunze! Abanyeshuri bafashijwe gutaha (Video)
15/03/2020 - 21:00
Rayon Sports yanganyije na Gicumbi FC 1-1 ku kibuga cyambaye ubusa (Video)
15/03/2020 - 18:53
Abatuye muri ‘Bannyahe’ batangiye kwimurwa
14/03/2020 - 16:59
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.