Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu by’ukuri indirimbo ‘Ya Motema’ yabaye iya Nel Ngabo Gute? Platini yatanze igisubizo
13/06/2020 - 17:01
Ku myaka 58, Ingabire ntiyigeze adefiriza imisatsi ye. Umva byinshi mu byo akunda n’ibyo yanga
13/06/2020 - 16:34
Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
Urupfu rwa Capt Mbaye Diagne, Umusirikare wa MINUAR wishwe ahangana no guhungisha Abatutsi
8/06/2020 - 10:46
Iyumvire inkirigito ya Ben Nganji. Yagusetsa imbavu zigashya
8/06/2020 - 10:32
Video: 29 batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
6/06/2020 - 13:01
Abamotari basubiye mu muhanda, bitwaye bate mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda #COVID19?
4/06/2020 - 19:47
Ingendo zigana mu Ntara zigiye gusubukurwa. Dore aho Imyiteguro igeze
31/05/2020 - 18:32
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.